14/03/2025

Abo Turibo

I am Croix Nsengiyumva, CEO and Founder of Murebe Ltd

Imbuga nkoranyambaga dukoresha:

Instagram:@iamcroixn

Facebook: Croix Nsengiyumva

Snapchat:@iamcroixn

Email:croix@murebe.com

Contact: +250 784 055 906

Muhawe ikaze muri kompanyi y’ikoranabuhanga yitwa MUREBE ikaba ikubiyemo: urubuga rw’amashakiro, inkoranya, kwamamaza,  amakuru n’inkuru zicukumburanye ubuhanga, imyidagaduro, imikino(Siporo), kwerekana no gusakaza amafoto, amashusho n’ibiganiro bitandukanye

-Urubuga rw’amashakiro dusangamo imyirondoro y’abantu n’ibintu yaba ibibera cg ibikorerwa hano mu Rwanda ndetse no muri diyasipora mu ngeri zitandukanye, igihe byatangiriye, ibirimo gukorwa ndetse n’ibiteganywa kuzakorwa mu gihe kizaza. Buri muntu wese wagize itafari ashyira mu kubaka, gushyigikira, kubungabunga no guharanira iterambere ry’ u Rwanda n’ibikorerwa hano mu Rwanda no muri diyasipora, ibyamamare n’abandi bo mu ngeri zose nabo uzabasangamo hano.

-Inkoranya ni igice dusanga mu rubuga rw’amashakiro aho  dukura tukanacukumbura birambuye ubuzima bw’abantu n’ibikorerwa hano mu Rwanda ndetse no muri diyasipora mu buryo bwimbitse murakoze

Muramutse mucyeneye ko dukorana ku bijyanye n’akazi cyangwa hari icyo mwifuza kudusangiza cy’umwihariko watubariza kuri izo contact na Email  byavuzwe haruguru.